Mu karere ka Ruhango bibutse imiryango 1,136 yishwe muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 irazima burundu. Umuyobozi wa IBUKA mu karere ka Ruhango, Jeanne Mukaruberwa yavuze ko imiryango yazimye yishwe by’umwihariko abantu bazira uko bavutse, ku buryo hari umuryango wari ugizwe n’abantu bose bakazima ntihagira usigara bityo kubibuka bikaba ari ugusigasira amateka. Yabivuze ubwo mu [...] 2026-06-22 18:16:16
Iň soňky habarlar we sözbaşylar
Mu karere ka Ruhango bibutse imiryango 1,136 yishwe muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 irazima burundu. Umuyobozi wa IBUKA mu karere ka...
Habarlar